igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 4, 2025 10:51 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 mata 2025 rwemeje ko Perezida Yoon Suk-yeol yegujwe, ku ni nyuma y’amezi ane ashyize ashinjwe guteza akavuye muri politiki nyuma y’itegeko rya gisirikare rishya yatangaje.

Kuri ubu imbaga y’abaturage bari mu myigaragambyo mu murwa mukuru Seoul mu kwishimira icyemezo cy’urukiko, cyatangajwe nyuma y’uko uyu wari umukuru w’iguhugu yategetse ko igisirikare cyinjira mu Nteko Ishinga Amategeko, bivugwa ko yari  agamije kwirukana abadepite bo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.

Ni itegeko rya gisirikare ryamaze amasaha 6 gusa, maze riteza umwuka mubi mu gihugu, ndetse ritera ihungabana ry’ubukungu hamwe no gukurura impungenge mu bafatanyabikorwa b’iki gihugu.

Moon Hyung-bae, Umuyobozi w’agateganyo w’Urukiko Rukuru, atangaza ko uyu wari perezida yarenze ku itegeko nshinga agakoresha igisirikare n’igipolisi mu buryo butemewe n’amategeko, mu kuburizamo ibikorwa by’Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu

Ni ingingo yagendeweho hategurwa amatora mashya y’umukuru w’igihugu azaba mu mezi abiri ari imbere.

Abinyujije mu itangazo yashyikirije abanyamategeko be, perezida Yoon yagaragaje akababaro ke ko kutabasha gusohoza inshingano yari yahawe n’abaturage, ndetse yongeraho ko byari ishema kuri we kuba umukozi wa Koreya y’Epfo.

Ahagaritswe manda ye itararangira hari amakuru avuga ko uwitwa Lee Jae-myung, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, ashobora kuba ariwe wasimbura Yoon Suk-yeol.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article ”Ububiligi ntibuzatubuza abibuka kubikora” Dr Bizimana
Next Article Ikamyo yari itwaye amavuta yo guteka ikongokeye i Nyamasheke
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Umwuka mubi hagati ya Gen. Muhoozi na Jenerali ba FARDC ukomeje kuba agatereranzamba

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen. Muhoozi Kainerugaba, ari mu makimbirane akomeye na bamwe mu bayobozi b’ingabo za Repubulika…

2 Min Read
AMAKURU

Hashizweho umuhuza mushya mu bibazo by’u Rwanda na Congo

U Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bagiye guhuzwa na Faure Essozimna Gnassingbé, Perezida wa Repubulika ya Togo, nk’umuhuza…

2 Min Read
IMIKINOMU MAHANGA

Premier league yagarutse

Nyuma y’ikiruhuko k’imikino y’amakipe y’ibihugu mu marushanywa atandukanye irushanwa rya Premier league rikaba Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Bwongereza rirasubukurwa…

1 Min Read
AMAKURU

Cardinal Robert Francis Prevost wo muri Amerika ni we watorewe kuba Papa mushya afata izina ry’ubutungane rya Leon XIV

Inteko y’Aba-Cardinal 133 bateraniye muri Chapelle ya Sistine i Vatican kuri uyu mugoroba wa tariki ya 8 Gicurasi 2025 yatoye…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?