igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Zimbabwe abaturage bari mu myigaragambyo igamije kweguza umukuru w’Igihugu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > Uncategorized > Zimbabwe abaturage bari mu myigaragambyo igamije kweguza umukuru w’Igihugu
Uncategorized

Zimbabwe abaturage bari mu myigaragambyo igamije kweguza umukuru w’Igihugu

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: April 1, 2025 2:13 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Leta ya Zimbabwe yohereje amagana y’abapolisi mu murwa mukuru Harare, kugira ngo baburizemo imyigaragambyo yateguwe n’abaturage basaba ko Perezida Emmerson Mnangagwa yegura.

Iyi myigaragambyo yaturutse ku cyemezo cy’ishyaka ZANU-PF riri ku butegetsi, cyifuza ko Mnangagwa yakomeza kuyobora igihugu kugeza muri 2030, nubwo manda ye izarangira muri 2028.

Ku wa Mbere, imyigaragambyo ntiyitabiriwe cyane kubera ko polise yitambitse abigaragambya babatatanije bakanabasukaho ibyuka biryana mu maso.

Blessed Geza, umwe mu bayobozi b’iyi myigaragambyo, yasabye abaturage “kutaba ibigwari”, abahamagarira gukomeza kugaragaza ko badashyigikiye Mnangagwa, ahubwo bashyigikiye ko Visi-Perezida Constantine Chiwenga amusimbura.

Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, hari abaturage, barimo abagore n’abasaza, bagaragaye banenga ubuzima bubi babayeho, basaba impinduka mu buyobozi.

Nubwo Leta yashyizeho ingamba zikomeye zo kurinda umutekano, abigaragambya bavuga ko bazakomeza gusaba impinduka mu buryo bw’amahoro.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ibitangaje ku muhanzi kazi unywa amasohoro y’inzoka kugira ngo Agire Ijwi Ryiza
Next Article Ikiraro cya million 4 Cyateje impagarara ku mbuga nkoranyambaga
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Perezida w’Afurika y’Epfo agiye kuganira na Trump wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika
May 18, 2025
FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025

You Might Also Like

Uncategorized

Bugesera: Abagizi ba nabi bishe uwarokotse jenoside yakorewe abatutsi mu 1994

Mu karere ka bugesera harimo gushakishwa abagizi ba nabi bivuganye uwarokotse jenoside yakorewe abatutsi 1994 aho yishwe atewe ibyuma. Mu…

2 Min Read
Uncategorized

Munyakazi Sadate: “Nigeze gukena kugera n’aho ngurisha intebe zo mu nzu” yatanze amasomo kubashaka gutera imbere

Umunyemari w’Umunyarwanda, Munyakazi Sadate, uzwi cyane mu bijyanye n’ubucuruzi no gushora imari, yatangaje ko nubwo ubu abarirwa mu baherwe bo…

3 Min Read
AMAKURUUncategorized

RIB yataye muri yombi umugore ukurikiranyweho kwica uruhinja yari amaze kubyara

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umugore witwa Abizera Marie Assoumpta w’imyaka 27, ukomoka mu Karere ka Muhanga,…

2 Min Read
Uncategorized

APR WVC yatsinze club féminin de carthage mu gikombe cya afurika

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR Women Volleyball Club (APR WVC), yatangiye neza irushanwa nyafurika rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?