igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Abamotari bongeye gusubizwa nyuma yo gusaba gukorerwa ubuvugizi
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Abamotari bongeye gusubizwa nyuma yo gusaba gukorerwa ubuvugizi
AMAKURU

Abamotari bongeye gusubizwa nyuma yo gusaba gukorerwa ubuvugizi

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 1, 2025 11:09 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Ku wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025, ni bwo Polisi y’u Rwanda, Urwego Ngengamikorere ndetse n’Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, baganiriye n’abakora umwuga wo gutwara abantu n’ibintu kuri moto.

Abitabiriye inama baganiriye ku by’ingenzi biri mu mushinga w’itegeko rigena amabwiriza y’imihanda n’uburyo bwo kuyigendamo uherutse kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 17 Mata 2024.

Ibindi byaganiriweho ni isuku n’isukura, uruhare rw’abatwara abagenzi kuri moto mu kugabanya impanuka zo mu muhanda n’uburyo amafaranga y’ubwishingizi yagabanyuka ku bakora uyu mwuga barangwa n’imyitwarire myiza mu muhanda.

Ubwo yagezaga ijambo ku bamotari, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yavuze ko hashyizweho parikingi 13 ziyongera ku zari zisanzwe zikoreshwa n’abakora uyu mwuga, kandi gahunda y’Umujyi wa Kigali ni ugukomeza kuzongera. Ibi biri mu byitezwe kugabanya amakosa abakora uyu mwuga bagwagamo yo gusiga cyangwa gukura abagenzi ahatemewe.

Gusa abamotari basabwe kurangwa n’isuku mu kazi ka bo ka buri munsi, bakirinda guta imyanda ahabonetse hose ndetse buri umwe akaba ijisho rya mugenzi we hagamijwe kugira “Kigali Irangwa n’Isuku.”

Mu minsi yashize nibwo kumbuga nkoranya mbaga hakwirakwiye amashusho agaragaza aba bakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bagagaza ko batishimiye imibereho barimo uyu munsi bitewe n’amategeko bashirwaho bamwe ndetse kandi banagagaje ko hari amafaranga menshi bacibwa nyamara batazi impamvu zayo basaba ko ibyo bikwiye guhinduka bikigwaho.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kabila agiye kwamburwa ubudahangarwa atabwe muri yombi afungwe
Next Article Amafunguro atunganyirijwe mu nganda akomeje kwivugana benshi cyane
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Muhanga: Umusore wimyaka 19 birakekwa ko yiyahuye nyuma yo gusangwa mu kiziriko
May 18, 2025
Ikibazo cya Rayon minisiteri igiye kugihagurukira
May 18, 2025
Perezida w’Afurika y’Epfo agiye kuganira na Trump wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika
May 18, 2025
FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Muri ikigihe Kiriziya Gaturika mu Rwanda na DRC bagiye kurushaho gufatanya

U Rwanda na DRC bakomeje kurebana ay'ingwe mu gihe kiriziya zombi ziyemeje kurushaho kugirana ubufatanye hagati yazo Amakimbirane yakomeje gufata…

2 Min Read
AMAKURU

AFC/M23 n’umutwe wa Wazalendo bakozanyirijeho mu mujyi wa Goma

Ubuyobozi bw’Intara ya Kivu ya Ruguru, bushyigikiwe n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, bwasabye abaturage kugumana ituze nyuma y’imirwano yabaye mu…

3 Min Read
Umugaba Mukuru w’Ingabo za KDF
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Intandaro y’impanuka ikomeye y’indege yo mubwoko bwa kajugujugu yahitanye Umugaba Mukuru w’Ingabo za KDF

Iperereza ryakozwe na Minisiteri y’Ingabo za Kenya rimaze hafi umwaka wose ku mpanuka ya kajugujugu yahitanye Gen Francis Ogolla wahoze…

2 Min Read
AMAKURU

“Ndashaka kubizeza ko tutazapfa tutari kurwana.” – Perezida Paul Kagame

Mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Perezida Wa repubulika y’u…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?