igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Amafunguro atunganyirijwe mu nganda akomeje kwivugana benshi cyane
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > UBUZIMA > Amafunguro atunganyirijwe mu nganda akomeje kwivugana benshi cyane
UBUZIMA

Amafunguro atunganyirijwe mu nganda akomeje kwivugana benshi cyane

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 1, 2025 5:40 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Abakunze gufata amafunguro yiganjemo ibiribwa byo mu nganda birimo imigati, amafiriti hamwe n’inyama zanyujijwe mu nganda bafite ibyago biri hejuru ku kuba bapfa bitunguranye

Ubushakashatsi buherutse gukorerwa mu bihugu bitandukanye byiganjemo ibyo mu burengera zuba byagaragaje ko abantu bakunze gufata amafunguro yabanje gucishwa mu nganda bari mubarimo kwibasirwa n’urupfu rutunguranye, ubu bushakatsi bwagaragaje ko ibiribwa birimo inyama zabanje gucishwa mu nganda ibizwi nka processed food biri mubikomeje kwivugana benshi.

Ubu bushakashatsi kandi bwanagaragaje ko atari ibiribwa gusa biri mubirimo guteza imfu za hato na hato ahubwo ko n’ibinyobwa nabyo biri mu bikomeje kwivugana benshi cyane nk’ibinyobwa bibanza gushirwamo gaze hagamijwe kuyirinda ko byagaga.

Abashakashatsi bakoze ubu bushakashatsi bwatangajwe mu kinyamakuru ku buvuzi gitangazwamo ubushakashatsi bwagenzuwe n’inzobere cyitwa ‘American Journal of Preventive Medicine’, bize ku bushakashatsi bwabanje, bagereranya ingaruka ibiryo bitunganyije cyane umuntu arya bigira ingaruka zirimo urupfu.

Ubu bushakashatsi bwahishuye ko akenshi ibi biribwa hamwe n’ibinyobwa biba byongewemo ibindi bintu nk’umunyu urengeje ukenewe n’umubiri isukari iri hejuru cyangwa se ugasanga hashizwemo amavuta menshi hagambiriwe kongera uburyohe icyo kiribwa kiba gifite ibintu binanniza umubiri ugasanga wikururiye indwara ziri mu zica vuba vuba harimo umutima, cyangwa umwijima.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Abamotari bongeye gusubizwa nyuma yo gusaba gukorerwa ubuvugizi
Next Article Imirwano ya Wazalendo n’ingabo za RDC yongeye kumvikana
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

UBUZIMA

Sobanukirwa bimwe mu bitera uburwayi bwo mu mutwe harimo n’urukundo

Mu buzima bwa muntu, hari byinshi ahura nabyo bishobora kumunezeza, ariko kandi ntibibura ko ahura n’ibimubabaza cyangwa bimugora, rimwe na…

5 Min Read
Umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo yiyahuye nyuma yo kubengwa n’umumotari yahaye amafaranga
AMAKURUUBUZIMA

Umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo yiyahuye nyuma yo kubengwa n’umumotari yahaye amafaranga

Umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo yapfuye bitunguranye aho bikekwa ko yiyahuye. Ibi byabaye mu ijoro ku wa…

1 Min Read
AMAKURUUBUZIMA

OMS yaburiye Isi ku cyorezo gishya gishobora kwaduka vuba

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryaburiye ibihugu ko bikwiye kwitegura icyorezo gishya gishobora kwibasira Isi mu gihe cya…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAUBUZIMA

BURUNDI/ Kayanza: Imbwa zimaze kuruma Abantu 19 abandi ubwoba ni bwinshi.

Mu ntara ya Kayanza Abantu 19 barumwe n'imbwa z’ibihomora ahitwa i Gahombo, Babura urukingo ruvura ibisazi ku mavuriro. Kuva muri…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?