igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ambasade 30 za Amerika zigiye gufungwa
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ambasade 30 za Amerika zigiye gufungwa
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ambasade 30 za Amerika zigiye gufungwa

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 16, 2025 1:01 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Kugira ngo hakorwe amavugurura mu bya Dipolomasi, Leta zunze ubumwe za Amerika ziyobowe na  Perezida Donald Trump zirateganya gufunga za Ambasade za Amerika mu bihugu bisaga 30.

Nk’uko CNN yabitangaje ngo inyandiko ya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga igaragaza ko usibye ifungwa ry’izo Amabasade , leta zunze ubumwe za Amerika ziteganya no kuba zagabanya umubare w’abakozi mu bihugu bitandukanye nka Somalia na Iraq, Aho Leta zunze ubumwe za amerika yabaye igihe kirekire ubwo bari mu butumwa bwo guhangana n’ibitero by’iterabwoba muri ibyo bihugu.

Kugeza ubu nta makuru ahari yahamya ko no kuvugurura imibare y’abakozi no mu zindi Ambasade, Umunyabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yaba yashyize umukono kuri ibi.

Ambasade 10 na consulat 17, ni zo zikekwa ko zaba zigiye gufungwa ziganjemo izo muri Afurika n’u Burayi, ndetse  harimo n’izo muri Aziya,

Muri zi harimo iya Luxembourg, Lesotho, Repubulika ya Congo, Repubulika ya Centrafrique na Sudani y’Epfo. Ni mu gihe kandi hari na consulat zirimo eshanu zo mu Bufaransa, ebyiri zo mu Budage, ebyiri zo muri Bosnia&Herzegovina, imwe mu Bwongereza, muri Afurika y’Epfo, ndetse no muri Koreya y’Epfo.

Nyuma y’uko izi zifunzwe abazajya bakenera serivisi muri bazajya bajyana amadosiye yabo muri amabsade za Amerika ziri mu bindi bihugu bisobanuye ko nta kintu kuzaba kikihakorerwa.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article NTAZINDA Erasme umuyobozi w’Akarere ka Nyanza yahagaritswe mu nshingano
Next Article #UCL: Nta kipe yakwizera ko yasoje akazi kare
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump ashobora kudahagarika TikTok mu gihe yari yihaye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora kongera igihe yari yaragennye kugira ngo sosiyete ya…

1 Min Read
AMAKURU

Ngoma: Abantu 11 nibo bafashwe bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umukobwa w’imyaka 15 wigaga mu mwaka wa Gatatu w’amashuri yisumbuye

Abantu 11 bafashwe bashyikirizwa Sitasiyo ya Polisi ya Kibungo, bakaba barimo gukorwaho iperereza ku rupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka 15 witwa…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Nonaha ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo rigabye igitero gikomeye kuri M23 i Nyangenzi

Amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko ingabo za Leta zifatanyije n’ihuriro ryazo zimaze…

2 Min Read
MU MAHANGA

Mu bwongereza kwitwa umugore byahawe umuronko mushya

Urukiko rw'ikirenga rwemeje ko kwitwa umugore bigiye kujya bishingira ku gitsina wavukanye aho byagenderwaho kubera amarangamutima Igihugu cy'Ubwongereza muri iyi…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?