igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Bill Gates yashinje Elon Musk umugambi wo kwica abana b’abakene ku Isi
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Bill Gates yashinje Elon Musk umugambi wo kwica abana b’abakene ku Isi
AMAKURU

Bill Gates yashinje Elon Musk umugambi wo kwica abana b’abakene ku Isi

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 9, 2025 2:47 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Bill Gates yashinje Elon Musk, umugambi wo kwica abana b’abakene binyuze mu gukuraho inkunga Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageneraga ibihugu birimo abo bana.

Gates yavuze ko ibi nyuma yo kwemera ko agiye gutanga miliyari 200$ zo gufasha abakene kugeza mu 2045.

Elon Musk aherutse kugira uruhare mu bikorwa byo kugabanya 80% by’inkunga Amerika yatangaga mu bikorwa byo gufasha.

Bill Gates asanga ibyo ari ibikorwa by’ubwicanyi, kandi ko bizatuma impfu ziyongera ku Isi.

Ati “ Umubare w’impfu ugiye gutangira kuzamuka, hagiye gupfa abantu miliyoni nyinshi kubera kubura ibikoresho.”

Amafaranga Gates yatanze, azifashishwa mu kurwanya indwara nka malariya, imbasa, izitera impfu ku bagore n’abana no kugabanya ubukene.

Ubukungu bwa Bill gate kuri ubu bubarirwa arenga miliyari 112$, bivugwa ko umuryango wa Gate Foundation umaze gutanga miliyari 100$ kuva watangira mu 2000, ndetse biteganyijwe ko uzafunga mu 2045.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Moscow: U Burusiya bwizihije Intsinzi y’Ingabo z’Abasoviyete ku Banazi mu birori by’akataraboneka
Next Article Urukiko rwategetse ko Turahirwa Moses washinze inzu y’imideri ya Moshons afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Bwa mbere abamurika imideli bagiye kugaragara muri Giants of Africa
May 9, 2025
M23 Yatangiye Gusatira Umujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo
May 9, 2025
Minisitiri w’imari wo muri DRC yatawe muri yombi aho yatwawe n’indege idasanzwe ya gisirikare
May 9, 2025
Payable Accountant Officer at King Faisal Hospital Rwanda (KFHR) | Kigali: Deadline: 13-05-2025
May 9, 2025
Kenya: Umugabo wo muri Afurika y’Epfo yasanzwe mu bwogero yapfuye biteza imvururu
May 9, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Eddie Mutwe ukuriye abacungira umutekano Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yarezwe ibyaha bitandatu bikomeye

Eddie Mutwe ukuriye abacungira umutekano umunyapolitiki Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yarezwe ibyaha bitandatu birimo ubujura bukomeye no…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Yanze miliyoni 5 z’amadorari bamuhaga ngo arase Prezida Ibrahim Traoré

Ni umwe mu basirikare bashinzwe kurinda Pereizida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, wiyemereye ko yahawe miliyoni 5$ na bimwe mu…

2 Min Read
AMAKURU

Ibibuga by’indege by’i Moscow byafunzwe by’akanya gato kubera ibitero bya ‘drone’

U Burusiya bwatangaje ko bwafunze by’agateganyo ibibuga by’indege bine biherereye mu Murwa Mukuru Moscow kubera ibitero bya ‘drone’ Ukraine yagabye…

1 Min Read
AMAKURU

Ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero, hari gusorezwa Icyumweru cy’Icyunamo, #kwibuka 31

Ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero, hari gusorezwa Icyumweru cy’Icyunamo, hazirikanwa kandi abanyapolitiki bishwe bazira kurwanya umugambi wa Jenoside yakorewe…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?