igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Diamond ashaka kurongora umugore wo muri Nigeria
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Diamond ashaka kurongora umugore wo muri Nigeria
AMAKURUIMYIDAGADURO

Diamond ashaka kurongora umugore wo muri Nigeria

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 23, 2025 11:36 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Nyuma yuko Dimond atashye ubukwe bwa Juma Jux n’umugore we wo muri Nigeria Priscilla ndetse Abanya-Nigera bakamwakira neza, yaje kuvuga ko nawe yifuza kurongora umugore wo muri Nigeria.

Mu mashusho Diamond yashyize kuri Instagram yagzie ati: “Ubu ndashaka umugore, ndashaka gutuza.

Nkeneye umugore w’Umunya-Nigeria.

Mfite umugore muri Tanzania ariko ndashaka umugore wa kabiri kandi ntimunshire urubanza.”Aya magambo ya Diamond yakuruye impaka ku mbuga nkoranyambaga, cyane ko bizwi ko akundana na Zuchu akaba yaherukaga no gutangaza ko bafite ubukwe muri uyu mwaka.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kim Kardashian na Taylor Swift rwabuze gica muri Hollywood
Next Article Element na 1:55am bari kurebana ay’ingwe kubera miliyoni 25 Frw yishyuzwa
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Burundi: Imirambo y’abagabo bambaye impuzankano z’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasanzwe mu mugezi wa Rusizi
May 18, 2025
Muhanga: Umusore wimyaka 19 birakekwa ko yiyahuye nyuma yo gusangwa mu kiziriko
May 18, 2025
Ikibazo cya Rayon minisiteri igiye kugihagurukira
May 18, 2025
Perezida w’Afurika y’Epfo agiye kuganira na Trump wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika
May 18, 2025
FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025

You Might Also Like

IMYIDAGADURO

RURAGERETSE HAGATI Y’UMURAPERI CARD-B NA OFFSET BABYARANYE

Umuraperi kazi Card-b yababajwe bikmeye nuko uwo bahoze bakunda yashize amashisho ye hanze barigukora ibikorwa by'abashakanye Umuhanzikazi w'umunyamerika uzwi cyane…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Uwiyitiriye Kate Bashabe kuri X ahangayikishije nyirubwite

Kate Bashabe ahangayikishijwe n’umuntu atazi ukoresaha urubuga rwa X yahoze ari Twitter umaze iminsi asangiza abamukurikira ubutumwa mu mazina ye.…

1 Min Read
AMAKURUIMIKINO

Emery Bayisenge yasezeranye imbere y’amategeko

Myugariro wakiniye amakipe arimo APR FC ndetse n'Ikipe y'Igihugu Amavubi kuri ubu akaba ari umukinnyi wa Gasogi United, Bayisenge Emery,…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Perezida Trump na Zelensky bagiranye ikiganiro kidasanzwe cy’amateka

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump, na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, bagiranye ikiganiro cyihariye cyasobanuwe nk'icy'amateka,…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?