igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Itangazo rigenewe abashaka kwinjira muri Polise y’u Rwanda
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AKAZI > Itangazo rigenewe abashaka kwinjira muri Polise y’u Rwanda
AKAZI

Itangazo rigenewe abashaka kwinjira muri Polise y’u Rwanda

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 5, 2025 8:46 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Polisi y’u Rwanda iramenyesha abantu bose babyifuza ko bashaka kwinjira mu gipolisi cy’u Rwanda nk’abapolisi bato (Cadet Course), ko kwiyandikisha bizatangirira ku cyicaro cya Polisi cy’akarere (DPU), guhera ku itariki ya 07/05/2025 kugeza 17/05/2025, kuva saa 02:00 za mu gitondo (08h00) kugeza saa 11:00 z’umugoroba (17h00) ku minsi y’akazi gusa.

Ibisabwa ku bashaka kwinjira muri Polisi:

  1. Kuba ari umunyarwanda.
  2. Kuba afite imyaka iri hagati ya 18 na 25.
  3. Kuba yararangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza (A0), cyangwa afite icyiciro cya mbere cya kaminuza cyatanzwe n’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (A1 IPRC).
  4. Kuba yarize mu mashami akurikira: ibaruramibare (Statistics), ubuvuzi (Medicine), ubuvuzi bw’amatungo (Veterinary Medicine), ubuforomo (Nursing), uburezi (Education), cyangwa “engineering”.
  5. Kuba afite imyitwarire myiza kandi agaragaza ubunyangamugayo mu mico no mu myifatire, bishingiye ku mahame y’umuryango nyarwanda.
  6. Kuba atarakorewe ibihano byo kwirukanwa burundu mu mirimo ya Leta.
  7. Kuba afite ubuzima buzira umuze.
  8. Kuba atarigeze akatirwa igifungo kirenze amezi atandatu.

Abujuje ibisabwa bagomba kuza bitwaje:

  • Ifishi (formulaire) yuzuye neza iriho ifoto ntoya (photo passport), iboneka ku rubuga rwa Polisi: www.police.gov.rw
  • Fotokopi y’indangamuntu
  • Fotokopi y’impamyabumenyi
  • Icyemezo cyerekana ko umuntu ari indakemwa mu mico no mu myifatire

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Amerika yatangiye gutegura amasezerano y’amahoro hagati ya RDC n’u Rwanda
Next Article Nyarugenge: Abiyita “Imparata” batawe muri yombi
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Igitero cya drone y’igisirikare cy’u Burusiya cyahitanye abantu icyenda bari mu modoka, abandi barindwi barakomereka
May 17, 2025
Nyamasheke: Umukecuru w’imyaka 63 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi yishwe n’abagizi ba nabi bamutemye
May 17, 2025
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri guhigisha uruhindu umusirikare mukuru watorokanye amafaranga
May 17, 2025
Umukino Bugesera yari imaze gutsindamo Rayon Sports wahagaze kubera imvururu z’abafana ba Rayon Sports
May 17, 2025
Sheilah Gashumba yavuze ko kwita ‘Mama’ umukobwa se aheruka kurongora bitazashoboka
May 17, 2025

You Might Also Like

AKAZI

Deputy Program Director | Deadline 19-05-2025

DEPUTY PROGRAM DIRECTOR, The Commons Project Foundation, Africa (TCP Africa) TITLE: Deputy Program Director REPORTS TO: Program Director Organization Background TCP-Africa is…

5 Min Read
AKAZI

Imyanya 30 y’akazi mu Karere ka Nyamasheke, guhera ku muntu ufite A2 | Igihe ntarengwa cyo kohereza ibyangombwa ni 17 Mata 2025

0 Min Read
AKAZI

Imyanya itanu (5) wadepozaho muri National Rehabilitation Service | Deadline 19 May 2025

5 Job Positions at National Rehabilitation Service (NRS): (Deadline 19 May 2025) 2 Job Positions of Nurse A1/A0 Clinical Officer…

8 Min Read
AKAZI

Akazi ko kwigisha icyongereza mu Karere ka Kirehe

Ikigo cya Nyarubuye Parents' School kirashaka umwarimu wigisha icyongereza kuva mu mwaka wa mbere kugera mu wa kane w'amashuri abanza.

0 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?