igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Joe Biden yongeye kugaragara nyuma yo gutangaza ko arwaye kanseri ya ‘Prostate’
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Joe Biden yongeye kugaragara nyuma yo gutangaza ko arwaye kanseri ya ‘Prostate’
AMAKURUMU MAHANGA

Joe Biden yongeye kugaragara nyuma yo gutangaza ko arwaye kanseri ya ‘Prostate’

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 25, 2025 2:30 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Joe Biden wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye kugaragara mu ruhame ndetse ashimangira ko yumva ameze neza, nyuma y’uko hatangajwe ko arwaye kanseri ya Prostate yamurenze.

Ku wa 18 Gicurasi 2025 nibwo ibiro bya Biden byatangaje ko arwaye kanseri ikomeye ya Prostate kandi ko yageze ku rwego rwa kane.

Ku wa 23 Gicurasi 2025, Biden yagaragaye ku kibuga cy’indege cya Bradley muri Connecticut, aho yari yitabiriye ibirori byo kurangiza amashuri by’umwuzukuru we.

Biden wari uherekejwe n’umugore we, Jill Biden, yabwiye itangazamakuru ko “yumva ameze neza”.

Uburwayi bwa Biden kuva bwavugwa, bwatumye Abasenateri basaba ko hakorwa iperereza hakamenyekana niba yari afite ubu burwayi akiri Perezida.

Ni mu gihe Perezida Donald Trump yavuze ko abafashaga Biden bakoresheje ubuzima bwe kugira ngo bagere ku nyungu za politike, ashimangira ko ari “ubuhemu bwo ku rwego rwo hejuru.”

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Chairman wa APR FC yagize ibyo atangaza nyuma yo gutwara igikombe
Next Article Imbangukiragutabara irenze umuhanda ikomeretsa umunyegare
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Israel Mbonyi yahawe igihembo mpuzamahanga muri Tanzanian Gospel Music Awards 2025
May 25, 2025
Senior Manager Trade Finance at BPR by 28/05/25
May 25, 2025
Bakorewe igitangaza n’ikigo cy’ishuri nyuma yo gutabwa n’ababyeyi babo
May 25, 2025
IT Change & Governance Manager(1) at BPR: Deadline: 28/05/25
May 25, 2025
Senior Manager Ecosystem and Value Chain Banking at BPR: Deadline :May 28th, 2025
May 25, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Trump yavuze ko ari we uyoboye Isi

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald John Trump, kri ubu uri kuyobora manda iki gihugu ku nshuro ya…

1 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

U Rwanda na DRC basinye amasezerano y’amahoro muri USA

U Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano ategura amamsezerano y'amahoro aho bayasinyiye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika…

3 Min Read
AMAKURU

Amasasu yavuzaga ubuhuha mu basirikare ba FARDC bari bagiye kwiba

Urusaku rw’imbunda rwinshi rwaraye rwumvikanye mu bice by’umujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’aho Ingabo za…

2 Min Read
AMAKURU

Cardinal Robert Francis Prevost wo muri Amerika ni we watorewe kuba Papa mushya afata izina ry’ubutungane rya Leon XIV

Inteko y’Aba-Cardinal 133 bateraniye muri Chapelle ya Sistine i Vatican kuri uyu mugoroba wa tariki ya 8 Gicurasi 2025 yatoye…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?