igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Mu bwongereza kwitwa umugore byahawe umuronko mushya
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > MU MAHANGA > Mu bwongereza kwitwa umugore byahawe umuronko mushya
MU MAHANGA

Mu bwongereza kwitwa umugore byahawe umuronko mushya

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 17, 2025 12:23 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Urukiko rw’ikirenga rwemeje ko kwitwa umugore bigiye kujya bishingira ku gitsina wavukanye aho byagenderwaho kubera amarangamutima

Igihugu cy’Ubwongereza muri iyi minsi kirimo guhura n’abantu benshi bagaragaje ko bishimira kwitwa abagore nyamara baravutse ari abagabo ndetse abenshi bagiye bahinduza igitsina bagahinduka abagore. Ibi byagiye byigaragaza cyane mu bihugu nka Ecosse, u Bwongereza na Wales.

Itsinda ry’abagore bo muri Eccosse baherutse kuregera urukiko ko barenganurwa bavuze ko abagabo bahinduje igitsina bidakwiye ko bitwa abagore ko kwitwa umugore byaharirwa abavukanye igitsina gore kuko byaba ari akarengane kuri bo.

Mu busanzwe amategeko aho muri Ecosse agena ko umuntu wese wihinduje igitsina akaba afite urupapuro yahawe n’inzego zibishinzwe arengerwa n’amategeko yo kwitwa umugore. Urukiko rwasobanuye ko ijambo ‘umugore’ n’igitsina ari mu itegeko ryo mu 2010 rivuga ku buringanire bw’abantu imbere y’amategeko, yombi asobanuye uwavutse ari umugore n’igitsina umuntu yavukanye.

Muri iki gihe hakomeje kugenda hiyongera umubare w’abihinduza igitsina ndetse ugasanga umubare munini ni uwabihinduje igitsina bashaka guhinduka abagore ibintu byagiye akenshi bitavugwaho rumwe biturutse ku kuba hari abahitaga bagira amahirwe yo guhatanira imyanya y’abagore nko mu mikino usanga abagabo bihinduje aribo bagiye batsinda amarushanwa runaka.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ingabo z’u Burundi zishiriye mu Mirwano Ikomeye ibereye Rugezi, muri Kivu y’Amajyepfo
Next Article U Rwanda rwasinyanye andi masezerano n’ikipe ya PSG yo gukomeza gukorana
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Muri White house ishyamba si ryeru namba

Umukire wa mbere ku isi y'abazima yashamiraniye muri white house na Minisitire w'imari Scott Bessent, bapfa umuyobozi ushinzwe imisoro aho…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Impamvu yatumye ingabo za Uganda zigera muri Congo zikakiranwa ibyishimo byinshi

Ku cyumweru, tariki ya 30 Werurwe, abaturage bo mu mujyi wa Bule, umurwa mukuru w’akarere ka Bahema Badjere mu Ntara…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Imirwano hagati y’Ingabo za RDC na M23 yongeye kumvikana muri Kivu y’Amajyaruguru

Mu cyumweru gishize Ingabo za leta ya Kinsasa zakozanyijeho n’umutwe wa M23 mu gace ka Lunyasenge kari muri teritwari ya…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Wayne Rooney yafashwe anyara ku rukuta i Londres (Reba amafoto)

Wayne Rooney, icyamamare mu mupira w’amaguru wo mu Bwongereza, yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda i Londres mu ijoro ryo ku…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?