igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Nyuma yo gutandukana na Safi Madiba, Judith yongeye gukora ubukwe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Nyuma yo gutandukana na Safi Madiba, Judith yongeye gukora ubukwe
AMAKURUIMYIDAGADURO

Nyuma yo gutandukana na Safi Madiba, Judith yongeye gukora ubukwe

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 15, 2025 10:30 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Uwahoze ari umugore w’umuhanzi Safi Madiba wamenyekanye ari mu Itsinda Urban Boy Judith Niyonizera, yongeye gukora ubukwe n’umugabo bamaze igihe bakundana.

Biravugwa ko ubu bukwe bwa Judith Niyonizera n’umugabo we mushya witwa King Dust bamaranye igihe kitari gito, bwabereye muri Canada mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Gicurasi.

Urukundo rw’aba bombi Judith Niyonizera na King Dust rwatangiye mu 2021, ndetse mu 2023 banabyarana umwana w’imfura.

Judith ntiyari yaramenyekanye cyane mu myidagaduro y’u Rwanda kugeza ubwo yaje gukundana na Safi Madiba ndetse baza no gukorana ubukwe bwabaye mu 2017.

Ntibyarambye kuko baje kugirana ibibazo mu rukundo, ubwumvikane burabura bisunga inzira z’amategeko kugeza ubwo mu 2023 urukiko rwabahaga gatanya.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Dore ibyiza byo kurara wambaye amasogisi: Ubushakashatsi
Next Article Munyakazi Sadate: “Nigeze gukena kugera n’aho ngurisha intebe zo mu nzu” yatanze amasomo kubashaka gutera imbere
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Perezida Paul Kagame yazamuye abaporisi 16 ku rwego rwa Office

Perezida wa Repubulika y' u Rwanda Paul Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 16 bo ku rwego rwa offisiye ashira abandi…

1 Min Read
AMAKURU

Jeff Bezos washinze ikigo cya Amazon gikora ubucuruzi bwo kuri internet agiye kugurisha imigabane ifite agaciro ka miliyari 4$

Jeff Bezos washinze ikigo cya Amazon gikora ubucuruzi bwo kuri internet, agiye kugurisha imigabane afite muri icyo kigo ingana na…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi yakiriye intumwa y’umuhuza Perezida Gnassingbé

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 7 Gicurasi, mu ngoro ye izwi nka Cité de l’Union africaine, Perezida wa Repubulika…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Impanuka y’ubwato muri DRC ihitanye abantu 50

Inkongi y'umuriro yafashe ubwato bukozwe mu mbaho bwari butwaye abarenga 400 ubu abagera kuri mirongo 50 bakaba bamaze kuburira ubuzima…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?