igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Perezida wa Kenya yatewe urukweto mu maso n’umuturage
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Perezida wa Kenya yatewe urukweto mu maso n’umuturage
AMAKURU

Perezida wa Kenya yatewe urukweto mu maso n’umuturage

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 5, 2025 9:13 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Perezida wa Kenya, William Ruto, yahuye n’akaduruvayo ubwo yari ari mu ruzinduko mu karere ka Kuria West, mu ntara ya Migori, aho yari yagiye gufungura ibikorwa remezo byubatswe na Leta.

Mu gihe yari atangiye kugeza ijambo ku baturage bari bateraniye aho yagiriye uruzinduko, umwe mu bari aho yateye urukweto yerekeza ku Perezida, rutari rugamije kumugirira nabi nk’uko bamwe mu baturage babitangaje nyuma.

Mu mvururu zavutse ubwo abantu benshi bageragezaga kwegera Perezida, uwo muturage utaramenyekana yateye urukweto rwari rugiye gukubita Ruto mu maso, ariko arwitambika akoresheje amaboko maze arurinda kumukomeretsa.

Abaturage bamwe bavuze ko iki gikorwa kidakwiye gufatwa nk’ikimenyetso cy’urwango, ahubwo ngo ni uburyo bamwe mu baturage berekanye amarangamutima yabo y’urukundo n’ishyaka bafite kuri Perezida Ruto.

Uretse iki gikorwa cyabaye muri Kuria, ahandi hose Perezida Ruto yasuye muri Migori ibintu byagenze neza nta kibazo.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kenya: Abahigishwaga uruhindu bazira kwica umudepite bafashwe
Next Article Ingabo za SADC ziri mu cyiciro cya kabiri zatashye zivuye mu Burasirazuba bwa Congo, zinyuze ku butaka bw’u Rwanda
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

”Abanyarwanda nta byinshi dufite ngo dutete” Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye itsinda ry’abanyeshuri biga mu ishami ry’ubucuruzi muri Kaminuza ya Harvard yo muri…

2 Min Read
AMAKURU

Abaturage bo muri Sudani y’Epfo bari guhungira muri DRC Ku Bwinshi

Guhera mu ntangiriro za Mata, 2025 muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bakiriye impunzi 10,000 zaturutse muri Sudani y’Epfo zinjirira…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Joseph Kabila yasubiye muri RDC anyuze i Kigali, nyuma y’imyaka myinshi mu buhungiro

Joseph Kabila Kabange, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yamaze kugaruka mu gihugu cye avuye mu…

3 Min Read
AMAKURU

Abanyekongo bo muri Diaspora bifatanyije na AFC-M23 mu rugamba rwo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 9 Gicurasi 2025, umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC), ubarizwamo inyeshyamba za M23, watangaje…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?