igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Trump yatangaje ko filimi zitari izo muri Amerika zigiye kujya zitanga umusoro wa 100%
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Trump yatangaje ko filimi zitari izo muri Amerika zigiye kujya zitanga umusoro wa 100%
AMAKURUIMYIDAGADURO

Trump yatangaje ko filimi zitari izo muri Amerika zigiye kujya zitanga umusoro wa 100%

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 5, 2025 1:44 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Trump yatangaje ko agiye gushyiraho umusoro ungana na 100% kuri filimi zitari izo muri Amerika, avuga ko ugamije guteza imbere izikorerwa mu gihugu cye.

Trump yavuze ko ateganya guha uburenganzira Ishami rishinzwe Ubucuruzi kugira ngo ritangire gusoresha filimi zo mu mahanga zerekanwa muri Amerika, kuko uruganda rwa sinema mu gihugu cye “rwari rutangiye gupfa rwihuse”.

Yavuze ko hari na filimi zimwe na zimwe zo mu mahanga zibangamira umutekano w’igihugu, ngo kuko ziba zirimo icengezamatwara ritari ukuri kuri Amerika.

Ati “Dukeneye ko filimi zikorewe muri Amerika zongera kugaruka.”

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubucuruzi, Howard Lutnick, yahise asubiza Trump ati “Turi kubikoraho”.

Ntabwo uburyo bizakorwa buratangazwa, ndetse ntibizwi niba uyu musoro uzashyirwa no ku nganda zo muri Amerika zikorera filimi mu mahanga.

Ibigo bikomeye mu gutunganya filimi muri Amerika byari bimaze iminsi bijya kuzikorera hanze y’iki gihugu. Zimwe mu zamamaye zakiniwe hanze ya Amerika harimo nka Deadpool & Wolverine, Wicked, Gladiator II n’izindi nyinshi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Papa Francis yasabye ko imodoka ye yakoreshwa mu bikorwa by’ubutabazi muri Gaza
Next Article Polisi yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu bakekwaho gutera urukweto Perezida William Ruto
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Corneille Nangaa yavuze ko Abanye-Congo bose bategereje AFC/M23 kugira ngo ibabohore

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko Abanye-Congo bose ari abanyamuryango…

2 Min Read
AMAKURUUBUKUNGU

Umujyi wa Kigali ugiye kubarura imitungo n’ ibikorwa by’ubucuruzi bizimurwa ubwo Gare ya Nyabugogo izaba ivugururwa

Ku wa 16 Mata 2025, ni bwo watangaje ko ibi ko bizakorwa mu rwego rwo kwitegura gushyira mu bikorwa umushinga…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ni ibiki bikubiye mu nama yahurije FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo i Kaziba

Amakuru aturuka i Kaziba muri teritwari ya Walungu, Kivu y’Amajyepfo, avuga ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Nyuma yo gutandukana na Safi Madiba, Judith yongeye gukora ubukwe

Uwahoze ari umugore w'umuhanzi Safi Madiba wamenyekanye ari mu Itsinda Urban Boy Judith Niyonizera, yongeye gukora ubukwe n’umugabo bamaze igihe…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?