igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: U Bufaransa bwahagaritse guha intwaro Ukraine
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > U Bufaransa bwahagaritse guha intwaro Ukraine
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

U Bufaransa bwahagaritse guha intwaro Ukraine

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 15, 2025 9:54 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Igihugu cy’u Bufaransa nta ntwaro kizongera guha igihugu cya Ukraine mu ntambara gihanganyemo n’u Burusiya nk’uko Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yabitangaje.

Macron yabivugiye mu kiganiro na televiziyo ya TF1 ku wa Kabiri, aho yagaragaje ko u Bufaransa ntako butagize ngo bufashe igihugu cya Ukraine gusa bakaba bageze ku ihererezo ry’ubushobozi bwabo.

Yagize ati “Twatanze ibyo twari dufite byose. Ariko ntidushobora gutanga ibyo tudafite, kandi ntitwakwambura igihugu cyacu ibikenewe mu kurengera umutekano wacyo bwite.”

Miliyali 4,1 z’amadorali ya Amerika ni zo zimaze gutikirira mu bikorwa byo Ukraine intwaro guhera mu 2022, nk’uko byatangajwe na Kiel Institute. Ari na ho bamwe mu baturage bahera banenga Perezida Macron kwita ku ntambara ya Ukraine kurusha uko yita ku baturage n’imibereho y’igihugu ke cy’u Bufaransa.

U Bufaransa n’ubundi buri mu bihe bitari byiza kuko buhanganye n’ibibazo bikomeye by’ubukungu, dore ko umwenda wa Leta ugeze kuri 110% by’umusaruro mbumbe w’igihugu, naho icyuho cy’ingengo y’imari cyageze kuri 5,8% mu mwaka wa 2024 kikaba cyararenze umurongo ntarengwa wa 3% usabwa n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. Ni mu gihe kandi ubukungu buzazamuka ku kigero kiri munsi ya 1% mu 2025.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Leta ya Congo ikomeje kwikoma bikomeye u Rwanda
Next Article Abakobwa biga imyuga barimo kwakwa ruswa y’igitsina
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025
Consumer Protection Manager at BPR: Deadline: 05/27/2025
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ishaka gusenya ishyaka PPRD rya Joseph Kabila

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani, yasabye Umushinjacyaha mu rukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga gutangira…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Aho ibiganiro hagati y’u Rwanda na RDC bigeze ubu, ntibikwiye gusenya uruhare rwa Angola

Ibiganiro bigamije guhuza u Rwanda na RDC biri kugirwamo uruhare na Qatar na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Umuryango w’Ubumwe…

2 Min Read
AMAKURUUBUZIMA

Nigeria: Icyorezo cyiswe Lassa Fever kimaze guhitana ubuzima bw’abantu bagera ku 138

Muri Nigeria, icyorezo cyiswe Lassa Fever kimaze guhitana ubuzima bw’abantu bagera ku 138 guhera muri Mutarama 2025, nk’uko bigaragarazwa muri…

3 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Ububiligi bushobora kwisubiraho bugashigikira M23

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, yashimangiye icyifuzo cy’ubuhuza n’amahoro mu Burasirazuba bwa Congo, avuga ku mubano w’u Rwanda…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?