igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umuhanzi ukunzwe muri Uganda Jose Chameleon yatangaje ko yaretse inzoga n’itabi burundu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umuhanzi ukunzwe muri Uganda Jose Chameleon yatangaje ko yaretse inzoga n’itabi burundu
AMAKURUIMYIDAGADURO

Umuhanzi ukunzwe muri Uganda Jose Chameleon yatangaje ko yaretse inzoga n’itabi burundu

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 23, 2025 11:36 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Umuhanzi ukunzwe muri Uganda, Jose Chameleon, yatangaje ko yaretse inzoga n’itabi kubera uburwayi amaranye iminsi ndetse yiyemeje gukomeza umuziki.

Abitangaje nyuma yaho avuye mu Btaro byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yari amaze igihe arwaye indwara yo mu nda yatewe no kunywa inzoga nyinshi n’itabi.Kuwa 12 Mata 2025 nibwo Chameleone n’umuvandimwe we Weasel basesekaye mu Mujyi wa Kampala muri Uganda, bakirwa n’imbaga y’abakunzi b’aba bahanzi bakomoka mu muryango wa Mayanja uzwi cyane muri Uganda.

Aba bombi bari bavuye muri Amerika aho Weasel yari amaze amezi ane arwarije mukuru we Jose Chameleone, guhera mu Ukuboza umwaka ushize.

Yari yafashwe n’indwara yangije inyama ze zo mu nda aho bivugwa ko byatewe n’ubwinshi bw’inzoga anywa.Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, Jose Chameleone yavuze ko nyuma yo kumara igihe kinini afite imyitwarire itari myiza kuri ubu yahindutse.Yagize ati “ Namaze igihe kinini nywa itabi ariko kugira ngo ncungure ubuzima bwange, nabishyize ku ruhande.

Sinzongera kunywa itabi, sinzongera kunywa inzoga. “Uyu muhanzi avuga ko ari nk’amahirwe ya kabiri yahawe ari nayo mpamvu agomba kubishyira hasi.Uyu muhanzi yabajijwe impamvu aheruka gushima Imana, niba yaba ari umukirisitu maze agira ati “ Ndi umwizera kandi mbere yuko abaganga bagira icyo bakora, Imana niyo yabanje kwikorera umurimo. Imana niyo ya mbere ubundi abaganga babona gukora akazi kabo. Nagombaga gusenga Imana kandi nkanasengera abandi bari mu Bitaro.”Uyu muhanzi yari amaze igihe arwariye mu bitaro bya Aline Medical Hospital Minneapolis muri Leta ya Minnesota muri Amerika, aho yari yajyanywe nyuma yo kuzahazwa n’uburwayi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umunyarwandakazi Isimbi Noeline ukina filime z’ubusambanyi yiyamye ababimunengera
Next Article Abafana ba Arsenal bari mu myigaragambyo yo kwamagana amasezerano y’ubufatanye bw’iyi kipe n’u Rwanda
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Huye: Umusore w’imyaka 18 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 5

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije urukiko dosiye iregwamo umusore w’imyaka 18, ukora akazi k’ubushumba, ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Iby’ingenzi wamenya kuri Papa mushya (Leo XIV)

Karidinali Robert Francis Prevost wo muri Amerika yatorewe kuba papa wa 267 Nyuma y’amatora y’abakaridinali yabaye inshuro 3 zose asise…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

FARDC Yongeye Kwigarurira Umujyi wa Walikale

Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zasubiye mu mujyi wa Walikale nyuma y’uko abarwanyi ba M23…

1 Min Read
AMAKURU

Nyamasheke: Umugabo w’imyaka 52 yatewe icyuma mu rubavu n’umuntu utamenyekanye aramwica ahita yiruka

Umugabo w’imyaka 52 wo mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke, yatewe icyuma mu rubavu n’umuntu utamenyekanye aramwica ahita…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?