igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umunyarwandakazi Isimbi Noeline ukina filime z’ubusambanyi yiyamye ababimunengera
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umunyarwandakazi Isimbi Noeline ukina filime z’ubusambanyi yiyamye ababimunengera
AMAKURUIMYIDAGADURO

Umunyarwandakazi Isimbi Noeline ukina filime z’ubusambanyi yiyamye ababimunengera

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 23, 2025 11:26 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Isimbi Yvonne uzwi nka Noeline, umunyarwandakazi wamamaye ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda 2019, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kwiyama abamunenga ku mugaragaro ku mbuga nkoranyambaga, kubera akazi akora ko gukina filime z’urukozasoni (pornographie).

Mu mashusho arenga ane yashyize kuri Instagram, Isimbi yumvikanye mu burakari bwinshi asaba abantu bose kumureka agakora ibyo yahisemo.

Mu ijwi ririmo intimba, Isimbi yavuze ko nta muntu numwe wigeze umufasha kuva mu buzima bukomeye yanyuzemo, bityo nta n’ufite uburenganzira bwo kumucira urubanza.Yagize ati: “Ntukwiriye kunera amabuye kuko utashyigikiye. Nabaye ku muhanda imyaka, ntagira kivurira. Ubu mbayeho neza kuko mpangana.”Isimbi Noeline yashimangiye ko ibyo akora abikora ku bushake bwe, atabikorerwa cyangwa ngo abihatirwe.

Yavuze ko atari ubwa mbere ahura n’iterabwoba ry’amagambo, ariko ko nta na rimwe byigeze bimuca intege.Uyu mukobwa ufite imyaka 25 yavuze ko amashusho ashyira hanze amwinjiriza amafaranga menshi, kandi ko mu bakiriya be ntabwo ashakamo abanyarwanda kuko ngo ntabwo bari mu bo ayakorera

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa YouTube, yavuze ko nta n’umwe wo mu muryango we wigeze amubuza cyangwa ngo amutere amagambo. Yemeza ko musaza we ari we wenyine baganira kenshi, abandi bakaba baracecetse.Isimbi yavuze ko iyo aza kwegukana ikamba rya Miss Rwanda atari kubura gukora ibyo akora ubu. Ati: “Ikamba sinarikoreye, ariko naryo ntabwo ryari kumbuza gukora ibyo nshaka.”

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Perezida Donald Trump yavuze ko atazi igihugu cya Congo
Next Article Umuhanzi ukunzwe muri Uganda Jose Chameleon yatangaje ko yaretse inzoga n’itabi burundu
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Real Madrid Umwami wa (La Remontada) Igarikiwe Iwayo

Mu mukino wo kwishyura muri kimwe cya kane k'irangiza mu Irushanwa rya UEFA Champions League wahuzaga ikipe ya Real Madrid…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Perezida Moon Jae-in yarezwe ibyaha bya ruswa bishingiye ku guhesha umukwe we akazi

Ubushinjacyaha muri Koreya y’Epfo bwatangaje ko Moon Jae-in wayoboye iki gihugu kuva mu 2017 kugeza mu 2022 akurikiranyweho ibyaha bya…

2 Min Read
AMAKURU

Impaka ni zose nyuma yuko impunzi y’umukongomani yishwe irashwe

Urukiko rwo muri leta ya Michigan rwaciye urubanza rwaranzwe n’impaka ku mupolisi ushinjwa kwica impunzi y’umukongomani, Patrick Lyoya amurasiye mu…

2 Min Read
AMAKURU

Abarenga 400 nibo bahitanywe n’ibitero karahabutaka byo muri Sudan y’epfo

Mu bitero biherutse gukorwa n'umutwe wa RSF mu Mujyi i Darfur muri Sudani  byahitanye abarenga 400 nk'uko byatangajwe na LON Mu…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?