igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umuvugizi wa M23 yaciye amarenga ku kuba bagiye gufatanya na Kabila wabarwanyije imyaka myinshi
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umuvugizi wa M23 yaciye amarenga ku kuba bagiye gufatanya na Kabila wabarwanyije imyaka myinshi
AMAKURUPOLITIKE

Umuvugizi wa M23 yaciye amarenga ku kuba bagiye gufatanya na Kabila wabarwanyije imyaka myinshi

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 19, 2025 11:41 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Umutwe wa M23 watangaje ko ubizi ko Joseph Kabil bazi ko yageze i Goma kandi ko ntakibazo babibonamo cyane ko yari yaranabitangaje

Umutwe w’inyeshyamba za M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo wumvikanishije ko Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’icyo gihugu yageze mu mujyi wa Goma ugenzura, nyuma y’icyumweru kirenga avuze ko agiye gusubira mu gihugu anyuze mu burasirazuba.

Amakuru yo gusubira muri DRC kwa Kabila yatangajwe bwa mbere na radio mpuzamahanga y’Abafaransa RFI ku wa gatanu z’ijoro, isubiramo amagambo y’abantu babiri bari hafi ya M23 n’ay’umuntu uri hafi ya Kabila.

Ubwo umuvugizi wa M23 Lowrence Kanyuka yabazwaga niba azi ko Kabila yamaze kugera mu mujyi wa Goma maze mu maambo macye uyu mugabo asubiza agira ati ”Sindimo kubona aho ikibazo kiri cyane ko nta kibazo na kimwe gikwiye kuba gihari”

Yakomeje aviga ko amategeko ya leta ya DRC abimwemerera kuko ari umuturage w’igihugu nk’abandi bose ko bityo ntawe ukwiye kumubuza uburenganzira bwe aho yabigarutseho agira ati “Nta Munye-Congo n’umwe ushobora kwirukanwa ku butaka bwa Repubulika, guhatirwa guhunga, [no] guhatirwa gutura ahatari iwe hasanzwe.”

Leta ya DRC yumvikanye kenshi ishinja uyu mugabo wahoze ayobora iki gihugu kuba ariwe uri inyuma y’umutwe wa M23 cyane ko nyuma yo gusimburwa kubutegetsi yagaragaje ko aya matora yabayem uburiganya, Perezida Kabil ni kenshi yagiye yumvikana anenga ubutegetsi bwa Felix Tchisekedie ko ariwe nyirabayazana w’iki kibazo cy’umutekano mucye ukomeje gufata indi ntera aha mu burasira zuba bwa Congo.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Joseph Kabila yasubiye muri RDC anyuze i Kigali, nyuma y’imyaka myinshi mu buhungiro
Next Article DRC: Abanye-Congo biteze kumva Ijambo rya Joseph Kabila
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Muhanga: Umusore wimyaka 19 birakekwa ko yiyahuye nyuma yo gusangwa mu kiziriko
May 18, 2025
Ikibazo cya Rayon minisiteri igiye kugihagurukira
May 18, 2025
Perezida w’Afurika y’Epfo agiye kuganira na Trump wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika
May 18, 2025
FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Bobi Wine yatangaje ko naba ari muzima adafunzwe aziyamamariza kuyobora igihugu cya Uganda 2026

Umuhanzi akaba n’umunyepolitike Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni, avuga ko azatanga kandidatire…

1 Min Read
AMAKURU

Muhanga: Moto 6 nizo zagarujwe mu zari zibwe n’abajura

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga yafashe moto esheshatu zari zaribwe, zimwe muri Kigali izindi mu Karere ka…

2 Min Read
AMAKURU

Yatoraguye Miliyoni 100 Frw mu Kimoteri, bamuhemba ubusa buri buri

Mu mujyi wa Bela Bela, uherereye mu Ntara ya Limpopo muri Afurika y’Epfo, haravugwa inkuru idasanzwe y’umugabo werekanye ubunyangamugayo bwo…

3 Min Read

Abayobora ubukwe (MC) barasabirwa kujya batanga umusoro

Abakunze gukora mu birori by’ubukwe barimo ababuyobora (MCs) barasabirwa kujya batanga umusoro hagendewe ko na bo bari mu binjiza amafaranga…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?