igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Uwiyitiriye Kate Bashabe kuri X ahangayikishije nyirubwite
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Uwiyitiriye Kate Bashabe kuri X ahangayikishije nyirubwite
AMAKURUIMYIDAGADURO

Uwiyitiriye Kate Bashabe kuri X ahangayikishije nyirubwite

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 10, 2025 6:43 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Kate Bashabe ahangayikishijwe n’umuntu atazi ukoresaha urubuga rwa X yahoze ari Twitter umaze iminsi asangiza abamukurikira ubutumwa mu mazina ye.

Ni ibyo nyirubwite Kate yatangaje mu kiganiro cyihariye yagiranye na IGIHE dore ko yari amaze igihe yijujutira kuba hari umuntu wamwiyitiriye ku rubuga rwa ‘X’ wirirwa utangaza amakuru ahamya ko harimo n’ay’ibinyoma.

Yagize ati “Uze kureba ibintu yirirwa atangaza, ntaho bihuriye n’imitekerereze yanjye rwose. Ni umuntu utabura ibyo avuga noneho akifashisha amafoto n’amashusho nyuza kuri Instagram yanjye.”

Kate Bashabe ahamya ko yagerageje kwandikira ubuyobozi bw’ urubuga rwa ‘X’ akoresheje konti ye ya nyayo , maze birangira uru rubuga rufunze iyo yakoresheje yandika.

Si ibyo gusa yakoze kuko yagerageje kumenyesha abamukurikira kuri Instagram ko hari uwamwiyitiririye gusa undi nawe Natareke gukomeza ibikorwa byo kunyuzaho ubutumwa bumugaragaza nabi mu bantu.

Yongeyeho ko agiye kugeza ikibazo ke mu nzego zibishinzwe zikamufasha gushakisha uwamwiyitiriye kuko ubushobozi bwe ari aho bugarukiye.

Mu byo uyu wiyitiriye Kate Bashabe akunze gusangiza abamukurikira, harimo amafoto y’uyu mukobwa ndetse akongeraho amagambo y’uko ashaka umusore bakundana n’ibindi nyirubwite atashyira ku mbuga nkoranyambaga nku’uko abivuga.

Kate Bashabe ahangayikishijwe n’uwamwiyitiriye kuri X

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Uburayi buri gukangisha Uburusiya ikintu gikomeye mu gihe bwaba budahagaritse ibitero bugaba kuri Ukraine
Next Article 2 Job Positions of Registerd Nurse at King Faisal Hospital Rwanda (KFHR) | Kigali: Deadline: 13-05-2025
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Rutsiro: Abantu 14 bakomerekeye mu mpanuka ya Coaster 2 zagonganye
May 11, 2025
Yicaye ku gatebe k’abasimbura NTWARI Fiacre n’Ikipe ye ya Kaizer Chiefs begukanye Nedbank Cup
May 11, 2025
Umuvumo uvuyeho Harry Kane ateruye igikombe cya mbere mu mateka
May 11, 2025
Umwana w’Imyaka 7 Witwa Tumukunde Elia Apfuye Azize Umwuzure mu Murenge wa Gataraga
May 10, 2025
IMYANYA 7 Y`AKAZI MURI BANKI NKURU Y`U RWANDA (BNR): ITALIKI NTARENGWA: 10 GICURASI 2025
May 10, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Nyakubahwa Prezida Paul KAGAME, ari mu bari bwitabire irahira rya Perezida wa Gabon

Abakuru b’ibihugu 16 barimo na Perezida Paul Kagame, bamaze kwemeza ko bazitabira ibirori byo kurahira kwa Perezida Gen. Brice Clotaire…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Benjamin Netanyahu yateguje ukwihorera ku gitero Aba-Houthis bagabye ku gihugu cye

Benjamin Netanyahu, Minisitiri w’Intebe wa Israel, yatangaje ko Israel igiye kwihorera ku nyeshamba z’aba ba-Houthis zayigabyeho igitero cy’igisasu cyo mu…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida Kagame: “Uzashaka kudutegeka uko tubaho nzamubwira nti jya ikuzimu”

Mu butumwa bukomeye yatanze ku wa 7 Mata 2025 mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Trump yavuze ko ari we uyoboye Isi

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald John Trump, kri ubu uri kuyobora manda iki gihugu ku nshuro ya…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?