igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Uwiyitiriye Kate Bashabe kuri X ahangayikishije nyirubwite
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Uwiyitiriye Kate Bashabe kuri X ahangayikishije nyirubwite
AMAKURUIMYIDAGADURO

Uwiyitiriye Kate Bashabe kuri X ahangayikishije nyirubwite

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 10, 2025 6:43 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Kate Bashabe ahangayikishijwe n’umuntu atazi ukoresaha urubuga rwa X yahoze ari Twitter umaze iminsi asangiza abamukurikira ubutumwa mu mazina ye.

Ni ibyo nyirubwite Kate yatangaje mu kiganiro cyihariye yagiranye na IGIHE dore ko yari amaze igihe yijujutira kuba hari umuntu wamwiyitiriye ku rubuga rwa ‘X’ wirirwa utangaza amakuru ahamya ko harimo n’ay’ibinyoma.

Yagize ati “Uze kureba ibintu yirirwa atangaza, ntaho bihuriye n’imitekerereze yanjye rwose. Ni umuntu utabura ibyo avuga noneho akifashisha amafoto n’amashusho nyuza kuri Instagram yanjye.”

Kate Bashabe ahamya ko yagerageje kwandikira ubuyobozi bw’ urubuga rwa ‘X’ akoresheje konti ye ya nyayo , maze birangira uru rubuga rufunze iyo yakoresheje yandika.

Si ibyo gusa yakoze kuko yagerageje kumenyesha abamukurikira kuri Instagram ko hari uwamwiyitiririye gusa undi nawe Natareke gukomeza ibikorwa byo kunyuzaho ubutumwa bumugaragaza nabi mu bantu.

Yongeyeho ko agiye kugeza ikibazo ke mu nzego zibishinzwe zikamufasha gushakisha uwamwiyitiriye kuko ubushobozi bwe ari aho bugarukiye.

Mu byo uyu wiyitiriye Kate Bashabe akunze gusangiza abamukurikira, harimo amafoto y’uyu mukobwa ndetse akongeraho amagambo y’uko ashaka umusore bakundana n’ibindi nyirubwite atashyira ku mbuga nkoranyambaga nku’uko abivuga.

Kate Bashabe ahangayikishijwe n’uwamwiyitiriye kuri X

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Uburayi buri gukangisha Uburusiya ikintu gikomeye mu gihe bwaba budahagaritse ibitero bugaba kuri Ukraine
Next Article 2 Job Positions of Registerd Nurse at King Faisal Hospital Rwanda (KFHR) | Kigali: Deadline: 13-05-2025
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Igisirikare cy’Uburundi cyemeje ko cyishe inyeshyamba zisaga 100 zirwanya Leta y’u Rwanda

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), cyemeje ko giheruka kwica inyeshyamba zirenga 100 zo mu mutwe wa MRCD/FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda.…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Vital Kamerhe yashyikirije Perezida Museveni ubutumwa bwihariye bwa Tshisekedi

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe, aherutse mu ruzinduko rw’akazi i Kampala rwasize ahuye…

2 Min Read
AMAKURU

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump ashobora kudahagarika TikTok mu gihe yari yihaye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora kongera igihe yari yaragennye kugira ngo sosiyete ya…

1 Min Read
AMAKURUUBUZIMA

Inkuba Ziri ku isonga mu biza byahitanye benshi muri Werurwe – MINEMA

Mu bushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) bwakozwe ku bantu bibasiwe n’ibiza mu kwezi kwa Werurwe 2025, bwagaragawemo ko…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?