igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Trump yatangije gahunda nshya igamije kugabanya amafaranga Leta itanga mu bikorwa byo kwirukana abimukira
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Trump yatangije gahunda nshya igamije kugabanya amafaranga Leta itanga mu bikorwa byo kwirukana abimukira
AMAKURU

Trump yatangije gahunda nshya igamije kugabanya amafaranga Leta itanga mu bikorwa byo kwirukana abimukira

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 6, 2025 10:54 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Perezida Donald Trump yatangije gahunda nshya igamije kugabanya amafaranga Leta itanga mu bikorwa byo kwirukana abimukira badafite ibyangombwa, aho abemera kugenda ku bushake bahabwa $1,000 (asaga 1,300,000 Frw) n’inkunga yo gutaha.

Itangazo ryasohowe na Minisiteri y’Umutekano w’imbere mu gihugu (DHS), rivuga ko iyi gahunda izajya icungwa hifashishijwe porogaramu ya telefoni ya CBP One. Minisitiri Kristi Noem yavuze ko “gutaha ku bushake ari bwo buryo bwizewe, bworoshye kandi buhendutse bwo kwirinda gufatwa.”

DHS ivuga ko gucyura umuntu binyuze mu buryo busanzwe bwo kumwirukana bibatwara igiciro cya $17,000 (asaga miliyoni 22 Frw), mu gihe iyi gahunda nshya igabanya cyane ibyo biciro. Bivugwa ko hari Umunya-Honduras wamaze gufashwa gutaha aturutse i Chicago hakoreshejwe ubu buryo.

Kuva Trump yagaruka ku butegetsi ku itariki ya 20 Mutarama 2025, hamaze gusubizwa mu bihugu byabo abimukira 152,000, bikaba biri hasi ugereranyije n’abarenga 195,000 birukanywe hagati ya Gashyantare na Mata 2024 ubwo Biden yari ku butegetsi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Rihanna n’umugabo we ASAP Rocky bagiye kwibaruka umwana wa gatatu
Next Article Ngoma: Umugabo ari gushakishwa n’inzego z’umutekano nyuma yo gufungira umuturage iwe
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Isi yose ihanze amaso I Vatican Papa mushya yabonetse kuko umwotsi wera wazamutse
May 8, 2025
Ibikoresho bya SAMIDRC byanyujijwe mu Rwanda bigeze ku cyiciro cya gatatu
May 8, 2025
Nyuma y’iminsi 3 gusa Inkongi y’umuriro yongeye kwibasira Collège Inyemeramihigo
May 8, 2025
Abacuruzi b’Isoko ry’Ingenzi za Huye baratabaza kubera ubujura, imiyoborere n’umutekano muke
May 8, 2025
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ishaka gusenya ishyaka PPRD rya Joseph Kabila
May 8, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIKORANABUHANGA

Uruganda rwa Apple rugiye gucibwa akayabo ruzira kwamamaza ubutinganyi

Urukiko rwa Moscow rwakiriye ikirego kirega Apple kwamamaza ibyerekeye umuryango w’abaryamana bahuje ibitsina ibishobora gutuma rucibwa akayabo Urukiko rwa Tagansky…

2 Min Read
AMAKURU

Igihe n’aho nyakwigendera Alain Mukuralinda azashyingurwa byatangajwe

Alain Mukuralinda watangaje ko nyakwigendera azashyingurwa 10 Mata 2025 mu irimbi rya Paroisse ya Rulindo, mu Ntara y’Amajyaruguru. Alain Mukuralinda…

1 Min Read
AMAKURU

“Ndashaka kubizeza ko tutazapfa tutari kurwana.” – Perezida Paul Kagame

Mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Perezida Wa repubulika y’u…

1 Min Read
AMAKURU

Umuhanzi Rugamba Sipiriyani wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 yari muntu ki?

Rugamba Sipiriyani yavutse mu 1935, avukira mu cyahoze ari Komine Karama, ubu ni mu Karere ka Nyamagabe, mu Ntara y’Amajyepfo.…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?