Cardinal Antoine Kambanda ari mubazagira uruhare mu gutora umupapa uza gusimbura Papa Francis witabye imana azize uburwayi bw’ibihaha.
Cardinal Antaine Kambanda yagizwe Cardinal na Papa Francis ibint byatumye nawe yemererwa kuba yakiyamamaza nk’abandi bose akaba yatorerwa umwanya uryuta indi yose muri kiliziy gatorika wo kuba umushumba mukuru muri iyi kiiziya ya Roma nk’uko bakunze kuyita. Cardinal Kmbanda niwe munyarwanda wabaye uwambere wagizwe Cardinal bwa mbere hano mu Rwanda ibintu abanyarwanda benshi bishimiye.
Biteganyijwe ko hagati ya 6 na 11 Gicurasi 2025 hazaba inama, ikazabera muri Chapelle Sixtine i Roma, nk’uko amategeko ya kiliziya abiteganya. Kimwe mu byo iyi nama izaba yigaho harimo no gushaka Papa mushya uzaba aje gusimbura Francis wamaze kuva mu mubiri.
Biteganyijwe ko nibamara guhitamo Papa uwatsinze akaboneka bazahita batwika impapuro maze bategereze umwotsi wera aribwo utsinze ahita yerekana, Cardinal Kambanda azaba ari mubandi bagera ku 120 nabo bose bazaba bemerewe gutora, mu busanzwe muri kiliziya ntabwo buri mu Cardinal aba yemerewe gutora, kimwe mu byo basaba harimo kuba umu Cardinal uwariwe wese agomba kuba ari munsi y’imyaka 80 y’amavuko ubu Kambanda afite imyaka 65 gusa.