igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Isi yose ihanze amaso I Vatican Papa mushya yabonetse kuko umwotsi wera wazamutse
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Isi yose ihanze amaso I Vatican Papa mushya yabonetse kuko umwotsi wera wazamutse
AMAKURUMU MAHANGA

Isi yose ihanze amaso I Vatican Papa mushya yabonetse kuko umwotsi wera wazamutse

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 8, 2025 6:58 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Umwotsi w’umweru wamaze  kugaragara i Vatican. Imbaga  yabahateraniye yose irangamiye ku nyubako ya Chapel ya Sistine.

Biragaragara ko inzira yo gutora yarangiye kandi abakaridinari bahisemo uzasimbura Papa Fransisko.

Kugeza ubu ntiharamenyekana uwatoranijwe, gusa baraza gutangaza utowe aho bagira bati ‘ubu dufite Papa’ abari aho bose bahanze amaso ku rubaraza rwo hejuru ku nyubako ya Chapel ya Sistine, nibura biteganjijwe ko mu isaha imwe ari bwo bari butangaze papa mushya Usimbura Francis.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ibikoresho bya SAMIDRC byanyujijwe mu Rwanda bigeze ku cyiciro cya gatatu
Next Article Cardinal Robert Francis Prevost wo muri Amerika ni we watorewe kuba Papa mushya afata izina ry’ubutungane rya Leon XIV
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Iby’ingenzi wamenya kuri Papa mushya (Leo XIV)
May 8, 2025
Rutsiro: Umurambo w’umugabo w’imyaka 30 wasanzwe iruhande rw’akabari
May 8, 2025
Cardinal Robert Francis Prevost Yatorewe Kuba Papa Mushya, Afata Izina rya Leon XIV
May 8, 2025
Cardinal Robert Francis Prevost wo muri Amerika ni we watorewe kuba Papa mushya afata izina ry’ubutungane rya Leon XIV
May 8, 2025
Isi yose ihanze amaso I Vatican Papa mushya yabonetse kuko umwotsi wera wazamutse
May 8, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Abasirikare 54 ba Bénin biciwe mu gitero simusiga bagabweho n’intagondwa z’abayisilamu

Leta ya Bénin yatangaje ko abasirikare 54 baguye mu gitero cyagabwe n’abantu bakekwaho kuba intagondwa zigendera ku matwara akaze ya…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Ibihugu 10 bifite igisirikare gicumbagira kurenza ibindi muri uyu mwaka

Urubuga Global Firepower rwasohoye urutonde rugaragaza uko ibihugu 145 byo ku Isi bihagaze mu mbaraga za gisirikare. Muri urwo rutonde,…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida Paul Kagame niwe ntinya gusa hano ku isi

Umugaba mukuru w'igisirikare cya Uganda UPDF akaba n'umuhungu wa perezida Yoweri Kaguta Museveni, General Muhoozi Kainerugaba abinyujije kuri X yagaragaje…

1 Min Read
AMAKURU

Igihe n’aho nyakwigendera Alain Mukuralinda azashyingurwa byatangajwe

Alain Mukuralinda watangaje ko nyakwigendera azashyingurwa 10 Mata 2025 mu irimbi rya Paroisse ya Rulindo, mu Ntara y’Amajyaruguru. Alain Mukuralinda…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?