igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Kenya: Umugabo wo muri Afurika y’Epfo yasanzwe mu bwogero yapfuye biteza imvururu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Kenya: Umugabo wo muri Afurika y’Epfo yasanzwe mu bwogero yapfuye biteza imvururu
AMAKURUMU MAHANGA

Kenya: Umugabo wo muri Afurika y’Epfo yasanzwe mu bwogero yapfuye biteza imvururu

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 9, 2025 5:59 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Umugabo w’imyaka 68 wo muri Afurika y’Epfo bamusanze yapfiriye mu bwogero bwe, aho bivugwa ko yapfuye ku wa Gatatu, itariki ya 7 Gicurasi, mu gitondo i Parklands, mu Mujyi wa Nairobi.

Polisi yavuze ko iperereza ry’ibanze ryerekanye ko Mark Nalon Minter yageze muri iki gihugu ku itariki ya 1 Gicurasi mu rugendo rw’akazi kandi ko yagomba kuhava ku ya 10 Gicurasi.

Yari kumwe na mugenzi we w’umugore igihe ibyo byabaga. Uyu mugore yabwiye abapolisi ko bari bagiye kuryama nyuma yo kurya, ariko abyutse mu gitondo cyo ku wa Gatatu, aramubura.

Nyuma ngo yaje kumusanga aryamye atanyeganyega mu bwogero, aho yari yaguye nk’uko iyi nkuru dukesha Urubuga The Star rwo muri Kenya ivuga.

Hahamagawe imbangukiragutabara ya St John, ariko bamaze gusuzuma niba akiri muzima, bemeza ko yapfuye.

Bivugwa kandi ko imiti itandukanye ikoreshwa mu kuvura hypertension na diyabete yabonetse mu gikapu cya nyakwigendera.

Polisi yavuze ko iri gukora iperereza kuri uru rupfu.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article DRC: Mu gace ka Rugezi hari kubera imirwano ikomeye iri guhuza Wazalendo ndetse na Twirwaneho
Next Article Payable Accountant Officer at King Faisal Hospital Rwanda (KFHR) | Kigali: Deadline: 13-05-2025
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Sudan y’Epfo: Manda y’ubutumwa bw’amahoro ‘UNMISS’ yongerewe
May 10, 2025
Abana 9 bavutse ari impanga kuri ubu bujuje imyaka 4 y’amavuko
May 10, 2025
Rayon Sports yanze gusesa amasezerano na Omborenga Fitina
May 10, 2025
Abantu bataye ukwemera bashishikarira Ubutunzi n’ikoranabuhanga – Papa Leo XIV
May 10, 2025
Miliyari zisaga 7000 ni zo ziteganyijwe mu mbanzirizamushinga y’itegeko rigena Ingengo y’Imari ya Leta ya 2025/2026
May 10, 2025

You Might Also Like

AMAKURUUBUZIMA

Imvura nyinshi iteganyijwe hagati y’itariki 11 na 13 Mata 2025 – Umuburo wa METEO RWANDA

Meteo Rwanda, yatangaje ko kuva kuwa 11 mu ijoro, kugeza tariki 13 Mata 2025 hateganyijwekugwa imvura nyinshi, by’umwihariko mu Mujyi…

1 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Sudani y’Epfo: Bemeye kwakira uwirukanwe ku butaka bwa Amerika nyuma y’agahimano

Sudani y'Epfo yemeye kwinjiza umuntu yari yangiye kwinjira mu gihugu, nyuma yo kwirukanwa ku butaka bwa Amerika. Uku kwisubirako kubaye…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Perezida Trump yarakariye Putin, Ateguza Uburusiya ibihano bikomeye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yarakariye bikomeye Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya, nyuma y’amezi ashize…

3 Min Read
AMAKURU

Rurageretse hagati ya Nick Cannon n’umugore we

Alyssa Scott usanzwe ari umunyamideli wabyaranye na Nick Cannon, yagaragaje ko atishimiye uburyo uyu mugabo atita ku nshingano ze nk’umubyeyi,…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?