igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: MIGI yahagaritswe na FERWAFA mu mupira w’amaguru mu Rwanda umwaka 1
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > MIGI yahagaritswe na FERWAFA mu mupira w’amaguru mu Rwanda umwaka 1
AMAKURUIMIKINO

MIGI yahagaritswe na FERWAFA mu mupira w’amaguru mu Rwanda umwaka 1

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 23, 2025 12:45 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Komisiyo Ngengamyitwarire ya FERWAFA, tariki ya 22 Werurwe 2025 yagaritse Umutoza Wungirije wa Muhazi United, Mugiraneza Jean Bapiste ’Migi’, umwaka umwe mu bikorwa byose bifite aho bihuriye n’umupira w’amaguru mu Rwanda kubera uburiganya bwo gushaka kugena uko umukino urangira.

Ni umukino Musanze FC yakiriyemo Kiyovu Sports tariki 15 Werurwe 2025, nyuma y’umukino hari amajwi yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga maze Migi yumvikana asaba myugariro Shafiq Bakaki kuzitsindisha akazamuhemba kuzamujyana muri Kiyovu Sports mu mwaka w’imikino utaha aho azaba umutoza.

Byatumye Migi n’uyu mukinnyi wa Musanze FC bahamagazwa na Komisiyo Ngengamyitwarire ya FERWAFA tariki ya 22 Werurwe 2025 nubwo mbere yo kwitaba iyi Komisiyo, Migi mu ibaruwa yandikiye Ikipe ya Muhazi United abereye Umutoza Wungirije, yavuze ko ibi byari igerageza yakoraga ku mukinnyi bitari ukumusaba kwitsindisha.

FERWAFA ubwo yakoraga iperereza yatumyeho ubuyobozi bwa Kiyovu Sports na Musanze FC, Umutoza Wungirije, Imurora Japhet Drogba n’umukinnyi wayo Batte Sheif. Maze bittaba iyi komisiyo kuwa 6 Mata 2025.

Amakuru dukesha ikinyamakuru Igihe avuga ko umwanzuro iyi Komisiyo y’Imyitwarire yafashe, uvuga ko Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi ahanishijwe guhagarikwa mu bikorwa byose birebana n’umupira w’amaguru ndetse agacibwa bibuga by’umupira byose byo mu Rwanda mu gihe cy’umwaka hanyuma akishyura ihazabu ingana n’ibihumbi ijana (100.000 Frw) y’amafaranga y’u Rwanda kuva igihe iki cyemezo gitangajwe

Iyi komisiyo yongeyeho kandi ko “utanyuzwe n’iki cyemezo ko afite uburenganzira bwo kukijuririra mu gihe kitarenze iminsi ibiri (2) nyuma y’iki cyemezo.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Aba DJs (abavanga imiziki) bazajya bishyura abahanzi mbere yo gucuranga indirimbo zabo – Dr. Utumatwishima 
Next Article DRC: Umunyamakurukazi w’Umurundi yafunzwe azira kuba afite aho ahuriye na RED-TABARA
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Perezida w’Afurika y’Epfo agiye kuganira na Trump wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika
May 18, 2025
FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Nyanza: Abasore 15 bajyanywe n’umuntu utazwi bitera abantu impungenge

Mu karere ka Nyanza, impungenge zabaye zose nyuma y’uko abagabo 15 biganjemo urubyiruko bajyanywe n’umuntu utazwi, abizeza ko agiye kubaha…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Tanzaniya: CHADEMA yatangaje aho Tundu Lissu wari waraburiwe irengero aherereye

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, CHADEMA, ryatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ryamenyeshejwe aho Tundu Lissu, umwe mu bayobozi…

2 Min Read
AMAKURU

Elon Musk yigereranyije na Buddha avuga ko DOGE izakomeza gukora na nyuma ye

Elon Musk, nyir’urubuga rwa X wari umaze igihe ari mu kazi ka guverinoma ya Trump, yigereranyije na Buddha, avuga ko…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Umusikare wa Uganda yashimuswe n’agakundi k’abasirikare 8 ba RDC

Abasirikare ba Uganda bari mu bikorwa byo kurwanya uburbyi bwa magendu ku Kiyaga cya Albert bagabweho igitero n' agakundi k’abasirikare…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?