Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald John Trump, kri ubu uri kuyobora manda iki gihugu ku nshuro ya kabiri, Yatangaje ko ubu atayoboye Amerika Gusa ahubwo anayoboye Isi yose.
Kuri uyu wa Kabiri taliki 29 Mata 2025, Perezida Trump ubwo yaganiraga na The Atlantic mu kwishimiraga iminsi 100 amaze ku butegetsi kuri iyi nshuro ya kabiri abaye perezida, ni bwo yatangaje ibi.
Yagize ati “Muri manda ya mbere nacunganaga n’ibintu bibiri gusa, kuyobora igihugu no gucungana n’imibereho gusa. Ariko kuri iyi nshuro ndayobora igihugu n’Isi.”
Ubwo yabazwaga ko byo kongera kwiyamamariza indi manda Donald Trump yabihakanye yyivuye inyuma kuko ngo atabisahaka ndetse ari atari ibintu byoroshye
