igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Trump yavuze ko ari we uyoboye Isi
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Trump yavuze ko ari we uyoboye Isi
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Trump yavuze ko ari we uyoboye Isi

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 29, 2025 12:45 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald John Trump, kri ubu uri kuyobora manda iki gihugu ku nshuro ya kabiri, Yatangaje ko ubu atayoboye Amerika Gusa ahubwo anayoboye Isi yose.

Kuri uyu wa Kabiri taliki 29 Mata 2025, Perezida Trump ubwo yaganiraga na The Atlantic mu kwishimiraga iminsi 100 amaze ku butegetsi kuri iyi nshuro ya kabiri abaye perezida, ni bwo yatangaje ibi.

Yagize ati “Muri manda ya mbere nacunganaga n’ibintu bibiri gusa, kuyobora igihugu no gucungana n’imibereho gusa. Ariko kuri iyi nshuro ndayobora igihugu n’Isi.”

Ubwo yabazwaga ko byo kongera kwiyamamariza indi manda Donald Trump yabihakanye yyivuye inyuma kuko ngo atabisahaka ndetse ari atari ibintu byoroshye

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Yago Pondat yikomye abayobozi mu nzego zimwe na zimwe z’igihugu Harimo na Minisitiri w’urubyiruko
Next Article Ububiligi bushobora kwisubiraho bugashigikira M23
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Vital Kamerhe yashyikirije Perezida Museveni ubutumwa bwihariye bwa Tshisekedi

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe, aherutse mu ruzinduko rw’akazi i Kampala rwasize ahuye…

2 Min Read
AMAKURU

Abasirikare ba mbere bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo M23 yatsindiye i Goma bageze i Kinshasa

Abasirikare ba mbere bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari baraheze mu mujyi wa Goma nyuma yo…

1 Min Read
AMAKURU

Bobi Wine yatangaje ko naba ari muzima adafunzwe aziyamamariza kuyobora igihugu cya Uganda 2026

Umuhanzi akaba n’umunyepolitike Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni, avuga ko azatanga kandidatire…

1 Min Read
AMAKURU

Mushiki wa Gitwaza nyuma yo kwitwa intumwa ya satani RIB yabyinjiyemo ngo irebe ayo magambo niba atagize icyaha

Nyuma y'uko umwe mubakoresha imbugankoranyambaga yibasiye poster Julienne ubu urwego rw'igihugu rwamaze kureba niba uyu yaba atarakoresheje amagambo agize icyaha.…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?