igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Sudan y’Epfo: Manda y’ubutumwa bw’amahoro ‘UNMISS’ yongerewe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Sudan y’Epfo: Manda y’ubutumwa bw’amahoro ‘UNMISS’ yongerewe
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Sudan y’Epfo: Manda y’ubutumwa bw’amahoro ‘UNMISS’ yongerewe

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 10, 2025 2:01 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Akanama k’umuryango wabibumbye Gashinzwe umutekano ku isi, kongereye Manda ya’abari mu butumwa bw’uyu muryango muri Sudan y’Epfo, ubutumwa buzwi nka UNMISS, kugeza taliki 30 Mata 2026.

Uyu mwanzuro wo kongerera igihe ubu butumwa wafashwe ku wa Kane ugaragajwe na Leta zunze ubumwe za Amerika ushyigikirwa n’abandi banyamuryango 11b’akanama gashijwe umutekano ku isi mu muryango w’abibumbye gusa Ubushinwa n’uburusiya ntacyo byabivuzeho.

Iyi manda n’ubundi igamije kugarura amahoro muri iki gihugu, harimo Kurinda abaturage b’abasivili gufasha mu bikorwa bw’ubutabazi no gutanga infashanyo, no gushyigikira amasezerano y’amahoro yo mu 2020 no gukora iperereza ku kurenga ku mategeko mpuzamahanga.

Amabasaderi wa amerika mu Muryango w’Ababibumbye Dorothy Shea, yavuze ko guverinoma ya Sudani y’ Epfo yagiye ibangamira mu buryo bugaragara ibikorwa bya UNMISS.

Yagize ati:”Guverinoma y’inzibacyuho ikomeje kubangamira UNMISS, bikangiza cyane mu gushyira mu bikorwa ibyayizanye birimo no kurinda z’abasivili, kandi yakomeje kandi yakomeje gushaka ko UNMISS yakuraho icyicaro cyayo kiri Tomping. Turashimangira ko UNMISS yemerewe gusohoza inshingano zayo nta nkomyi, nk’uko bikubiye mu myanzuro y’iyi muri manda nshya.”

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ku isi kandi, kagaragaje ko kiteguye gusuzuma uburyo bwo kongerera ubushobozi abari mu butumwa bw’amahoro muri Sudan y’Epfo bateganyiriza ibihe biri imbere.

Iri vugurura rije mu gihe ibibazo bya politiki n’umutekano bikirimbanyije muri Sudani yepfo dore ko n’amasezerano y’amahoro yo mu 2018 adatanga ikizere ko ituze rizagaruka vuba.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Abana 9 bavutse ari impanga kuri ubu bujuje imyaka 4 y’amavuko
Next Article Igisirikare cy’Uburundi cyemeje ko cyishe inyeshyamba zisaga 100 zirwanya Leta y’u Rwanda
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

LUPIN: Ikoranabuhanga rishya rigiye koroshya ubuzima ku Kwezi
May 10, 2025
Vatican yatanagaje igihe cya nyacyo Papa Leo XIV azimikirwa
May 10, 2025
Umukobwa w’imyaka 20 akurikiranyweho icyaha cyo kwica umwana we amujugunye mu musarane
May 10, 2025
Igisirikare cy’Uburundi cyemeje ko cyishe inyeshyamba zisaga 100 zirwanya Leta y’u Rwanda
May 10, 2025
Sudan y’Epfo: Manda y’ubutumwa bw’amahoro ‘UNMISS’ yongerewe
May 10, 2025

You Might Also Like

IKORANABUHANGAMU MAHANGA

Trump yahaye Tiktok igihe ntarenga ikaba itakiri iy’abashinwa

Perezida wa leta zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahaye ikigo cyabashinwa cya Tiktok iminsi 75 gusa kikaba kitakiri mu maboko…

1 Min Read
AMAKURU

U Rwanda na DRC bazasinyana amasezerano imbere ya Trump nk’umuhuza

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Gicurasi 2025, hitezwe isinywa ry’imbanzirizamushinga y’amasezerano y’amahoro hagati ya Leta Zunze Ubumwe za…

2 Min Read
AMAKURU

Muhanga: Urukiko rwemeje ko Gitifu wa Rongi akomeza gufungwa by’agateganyo

Muhanga: Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwemeje ko impamvu z’ubujurire zatanzwe na Nteziyaremye Germain nta shingiro zifite. Rwemeje ko impamvu z’ubujurire…

1 Min Read
AMAKURU

Papa Francis yasabye ko imodoka ye yakoreshwa mu bikorwa by’ubutabazi muri Gaza

Kimwe mu byifuzo bya nyuma Papa Francis yasize atanze ni uko imodoka ye yakoreshwa mu bikorwa by’ubutabazi mu gace ka…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?