Ku wa Kane, tariki ya 24 Mata 2025, Ikigo cy’Igihugu cy’u Bushinwa gishinzwe iby’isanzure (CNSA) cyohereje abandi bantu batatu mu…
Mu gihugu cy’u Buhinde, haravugwa inkuru itangaje y’umusore w’imyaka 20 wacikanye n’umubyeyi w’imyaka 40 wari ugiye kumubera nyirabukwe, iminsi icyenda…
Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko imisozi ihanamiye i santire ya Kaziba yafashwe n’umutwe…
Umugore w’imyaka 32 wo mu mudugudu wa Nyamufumura, mu karere ka Sheema, yabyaye abana batandatu icyarimwe, ibintu byatangaje benshi ariko…
Mu Murenge wa Ntyazo, Akarere ka Nyanza, haravugwa inkuru y’akababaro aho umugabo witwa Savakure Adenien w’imyaka 31, akekwaho kwica umugore…
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage yafashe abagabo bane barimo umwe ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bakekwaho…
Ihuriro ry’inyeshyamba za AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ryatangaje ko ryatangiye igikorwa cyo kubaka umuhanda…
Pasiteri Kavoma, umuhanuzi akaba n’Umushumba mu itorero ry’Abanyamulenge rikorera mu mujyi wa Mbarara muri Uganda, yagaragaje ubuhanuzi bukomeye ku hazaza…
Mu buzima bwa muntu, hari byinshi ahura nabyo bishobora kumunezeza, ariko kandi ntibibura ko ahura n’ibimubabaza cyangwa bimugora, rimwe na…
Leta ya Bénin yatangaje ko abasirikare 54 baguye mu gitero cyagabwe n’abantu bakekwaho kuba intagondwa zigendera ku matwara akaze ya…
U Bushinwa bwasubije indege ebyiri bwari buherutse kugura muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo kwihimura kubera imisoro…
Mu kiganiro cyabaye mu ntangiriro z’iki cyumweru, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yongeye kuvuga amagambo…
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 23 Mata 2025, hatangajwe inkuru y’incamugongo y’umunyeshuri w’umuhungu witwa Kwizera Samuel, w’imyaka…
Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Jacquemain Shabani, yasohoye itangazo risaba ba Guverineri bose b’intara 26…
Mu ntambara ikomeje kuzambya umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), abarwanyi ba AFC/M23 bongeye kwigarurira uduce…
Sign in to your account